in

Inkuru ibabaje: Umusore yituye hasi ubwo yumvaga igiciro cy’ibikoresho by’uruhinja yitegura kwakira uko bihagaze

Umusore witwa Christopher Chambula w’imyaka 34, w’ahitwa Chililabombwe muri Zambia, yikubise hasi nk’intosho arahwera, ubwo yari agiye kuneka amakuru y’ibiciro by’ibikoresho by’uruhinja yitegura kwakira agasanga birahenze cyane.

Ibinyamakuru byo muri iki gihugu bivuga ko Christopher akimara kubwirwa n’umukunzi we ko yamuteye inda,yahise yihutira kujya ku isoko mu mujyi w’iwabo kumenya aho ibiciro by’ibikoresho bikenerwa n’uruhinja bigeze,abimenye biramurenga yikubita hasi araraba.

Icyamuhuhuye cyane ngo n’igiciro cya pamperise [diapers] zambikwa abana mbere yo kubambika imyenda.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Twizeyimana Francois Xavier
Twizeyimana Francois Xavier
1 year ago

Gusa yarihuse!Atarabona imirire,Twikuvuza,amashuri,…

Safi Madiba yashimiwe byimazeyo na mama w’umukobwa w’uburanga yakoresheje mu ndirimbo ye (Amafoto)

Dore ibintu 3 byafashije umukecu waciye agahigo ku kuramba ku geza ku imyaka 122