in

Inkoko iri iwabo ishonda umukara! Ibibaye kuri Arsenal ni nkuru mbarirano batabawe na Miliyoni 100

Mu ijoro ryo kuwa 5 Ukuboza shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihugu cy’u Bwongereza yari yakomeje ku munsi wa 15.

Ikipe ya Arsenal yari yasuye ikipe ya Ruton Town mu rugo ikurayo amanota atatu mu buryo bugoye dore ko Arsenal yayitsinze ibitego bine kuri bitatu.

Igitego cya Kane cyabonetse ku munota wa 7 winyingera gitsinzwe na Declan Rice waguzwe Miliyoni 105 z’amayero.

Kuri ubu Ikipe ya Arsenal niyo iyoboye urutonde rwa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Bwongereza n’amanota 36 ku mwanya wa kabiri hariho Liverpool ifite amanota 31 naho ku mwanya wa gatatu hariho Manchester City ifite amanota 30.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Dukeneye umukinnyi wacu”! Abafana ba APR FC bagaragaje umukinnyi ushobora kuza akabahoza amarira n’agahinda bafite -Videwo

Kwizera Olivier yagaragaye mu buryo bwatumye umukinnyi w’ikipe y’igihugu yerura akavuga ko amufana bikomeye cyane gusa nawe yahise amusubiza -AMAFOTO