in

Imyambarire y’abakobwa bitabiriye igitaramo cya Comidoh ikomeje kubica bigacika ku mbuga nkoranyambaga (Amafoto)

Umuririmbyi w’umunya-Ghana, Raphael Camidoh Kofi Attachie wamamaye mu muziki nka Camidoh, yataramiye abantu mu gitaramo cye cya mbere yakoreye i Kigali.

Ni we muhanzi rukumbi waririmbye mu gitaramo ‘Naija meets Rwanda’ cyabaye mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki 3 Nzeri 2022 muri Kigali Conference and Exhibition Village ahazwi nka Camp Kigali.

Ubwo yari ari kuririmba, inkumi z’uburanga zamusanze ku rubyiniro zibyinana na we ku buryo zose wabonaga zishaka kurushanwa, icyatangaje abantu ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye ni imyambarire y’aba bakobwa basanze Comidoh ku rubyiniro.

Amafoto

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imyambarire ya Mwiseneza yongeye gutangaza abantu(amafoto)

U Rwanda rugiye kwishyurwa akayabo n’ikipe ikomeye muri Afurika kugirango itize Sitade ya Huye