in

Imiryango isigaye ari inshuti magara! Zari Bosslady wabyaranye na Diamond yagaragaye yahuje urugwiro na Mucyeba we ndetse na Diamond yahuje urugwiro na Musanzire we – videwo

Imiryango isigaye ari inshuti magara! Zari Bosslady wabyaranye na Diamond yagaragaye yahuje urugwiro na Mucyeba we ndetse na Diamond yahuje urugwiro na Musanzire we. 

 

Ku mbuga nkoranyambaga amashusho ya Diamond na Zuchu bahuje urugwiro n’umuryango wa Shakib na Zari Hassan akomeje kuzenguruka imbuga nkoranyambaga.

Ni amashusho akomeje gutungura abantu bibaza uburyo Zuchu n’uwahoze ari umugore w’umugabo we baba bahuje urugwiro cyangwa uburyo Diamond n’uwamutwaye umugore nabo baba bahuje urugwiro.

Gusa iyi miryango uko ari ibiri nta rwango igirana hagati yayo, ibyabaye ntibyababuza guhuza.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Uramuha agakoraho akiyumvira uko kimeze”: Ikibazo kibazwa cyane n’urubyiruko cyateje impagarara ubwo hari umuntu wabazaga igisubizo cy’ukuri yajya asubiza igihe bakimubajije (Ibisubizo byatanzwe)

Uko ikirere cy’u Rwanda kirirwa kimeze