in

Imbavu zizavunika: Abanyarwenya Pattyno na Nyaxo batangaje inkuru nziza ku bakunzi babo bari babakumbuye

Abanyarwenya babiri bakomeye cyane hano mu Rwanda aribo Shema Pattyno ndetse na Kanyabugande Nyaxo bagiye kwongera gutanga ibyishimo ku bakunzi babo nyuma y’igihe badakorana ibihangano byabo bikundwa na benshi.

Nyaxo na Pattyno bari mu banyarwenya ba mbere abantu benshi bemeza ko bafite impano zidasanzwe kubera uburyo basusurutsamo abakurikirina ibihangano byabo byo gutembagaza abantu aba basore bamaze gutangaza ko bagiye kongera gukorana ibihangano bishya byo gusetsa nk’uko byatangajwe na Pattyno abinyujije kuri Instagram.

Pattyno abinyujije ku rubuga rwa Instagram yatangaje ko abantu bagiye kongera kumwenyura bitewe nibyo we na mugenzi we Nyaxo bagiye kubakorera mu magambo ye yagize ati:” Hamwe na Nyaxo icyo nababwira cyo mushonje muhishiwe”.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Babita ihene! Menya impamvu abakinnyi bakomeye babita ihene (Goat) 

“Yahise arigata ayo maraso” Wema Sepetu yavuze ubuzima butangaje yanyuzemo ubwo yakundanaga na Diamond Platinumz