in

Imana isubiriza mu Kwiheba koko, Umugore yabyaye impanga kandi ashaje benshi bamubwiraga ko yacuze imbyaro

Imana isubiriza mu Kwiheba koko, Umugore yabyaye impanga kandi ashaje

Byabaye nk’igitangaza ubwo umugore wo muri Nigeria w’imyaka 54 y’amavuko yabyaraga impanga z’abana batatu, nyuma yo kumara imyaka 21 yose ategereje urubyaro ariko yarahebye. Nyuma y’iyo nkuru nziza, yakoresheje imbuga nkoranyambaga, asangiza abandi umunezero yatewe n’uwo mugisha yagize, aho yerekanye amafoto ye atwite ndetse amaze no kubyara izo mpanga ze.

Nyuma yaho, yashyize hanze amafoto amugaragaza atwite n’andi amugaragaza ateruye abana be, ndetse na videwo imugaragaza arimo akina n’abana be batatu batangiye gukura. N’ubwo atashyizeho imyirondoro ye, amafoto ye na videwo byahise bikwirakwizwa cyane n’abakoresha imbuga nkoranyambaga.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore uburyo 6 bwo kubwira umugabo wawe ko umukunda utabivuze mu magambo 

Ni Manchester City cyangwa ni Real Madrid: Ya kipe yo mu Butaliyani irarara imenye iyo bizacakirana ku mukino wa nyuma muri Uefa Champions Leuge