in

Imana isubiriza igihe: Ibyishimo ni byose mu muryango wa Davido nyuma yuko Imana imukoreye ibisa nk’ibitangaza -IFOTO

Imana isubiriza igihe: Ibyishimo ni byose mu muryango wa Davido nyuma yuko Imana imukoreye ibisa nk’ibitangaza.

Umuhanzi ukomeye cyane muri Afurika David Adedeji Adeleke wamamaye cyane ku izina rya Davido ari mu byishimo bidasanzwe we n’umugore we witwa Chioma Avril Rowland nyuma yo kwibaruka umwana w’umuhungu ibi bikaba bibaye nyuma yo gupfusha umwana we w’umuhungu.

Ifoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ni uwacu bamugarure! Ubuyobozi bwumvise icyifuzo cy’abafana none bagiye kugarura umukinnyi bari birengagije nyuma yo kubona akenewe cyane

Uyu muhungu Imana iramwikundira: Wizkid yanditse amateka atarakorwa n’undi wese muri Afurika atanga umukoro ukomeye cyane kuri Davido na Burna Boy