in

NdababayeNdababaye NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Ikanzu igaragaza amatako ya Miss Ingabire Grace ikomeje kuzamura impaka ndende.

Kuwa Gatandatu tariki 20 Werurwe nibwo Miss Ingabire Grace yambitswe ikamba rya Nyampinga w’u RWanda 2021.Kuri ubu ikanzu yaje yambaye muri uyu muhango ikaba yagiye igarukwaho n’abatari bake kuri Twitter mu buryo bukomeye bamwe bavuga ko yari ngufi yerekana amatako cyane.

Kuri iyi ngingo y’ikanzu ni umunyamakuru Aissa Cyiza wayizamuye aho yaje no kuzamo na abantu benshi bajya impaka biratinda kuri Twitter

Yagize ati “Ariko abantu biriwe banenga imyenda aha ni uko ari munyandiko cyangwa? Sindabona twambaye rumbiya ngo muvuge ko twambaye neza. Ntukubisemo agakanzu kagufi, guhera aho uvuye kugera aho ugiye baba bakubwira ko wambaye neza. Ariko mwagiye mureka kwiyoberanya!”

Benshi bamusubije mu bitekerezo bitandukanye:

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Justin Bieber yahishuye ikintu gikomeye yakorewe n’umugore we bituma amuhimbira indirimbo eshatu.

Anita Pendo ahishuye uburyo yitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda akahasebera|yasekeje benshi.