in

Abakunzi bagiye bambaye ubusa mu muhanda bombi bagiye gukora ibitangaje

Abantu benshi bakubiswe n’inkua nyuma yo kubona abakunzi babiri bambaye ubusa bombi bari mu muhanda bashaka kujya kwiyahura gusa ariko bari bafashe umusemburo urusha imbaraga umubiri wabo.

Ni umugabo ukomoka muri Nigeria ndetse n’umukobwa ukomoka USA, akaba yari yaraje muri Nigeria kureba umukunzi we mu kwezi kwa 10 muri Nigeria ahita ahaguma atyo.

Ni amashusho yafashwe ku cyumweru nijoro ubwo barimo bagenda mu muhamda bambaye ubusa bamwe bavuga ko ari imihango ya sekibi abandi bemeza ko ari uko bafashe ibisindisha bibarusha imbaraga.

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umweyo muri rayon sport wafashe indi ntera

Umusore w’umunyarwanda yashatse kwiyemera araseba(Video)