in

Ikibazo nyamukuru n’icyakorwa ngo Rayon Sports igaruke mu gikombe cy’Amahoro

Ubwo twaganiraga n’umwe mu bantu bimbere muri Rayon sports badutangarije ko, igitumye bahitamo kwikura mu gikombe cy’amahoro harimo, uko ishyirahamwe ry’umupira wa maguru mu Rwanda (FERWAFA) ritabahaye agaciro nk’ikipe nkuru ikwiye icyubahoro.

Uwo muntu ubwo yaganiraga na Yegob yagize ati”Ferwafa ibashije kwicara igatanga igihe uriya mukino wa peace cup wakimurirwa uzakinwa ariko itabangamiye umukino wa AS Kigali ndibaza ntacyo bitwaye twawukina”

Yakomeje agira ati”Ariko ikirarane cya as kigali mbere yo kujya muri camp y’a national ntago gisobanutse

Ikindi rayon sports ntago ari ikipe yo kubyuka mugitondo 9h30 ngo umukino wayo wa 12h30 nguwimure abakinnyi barikujya kukibuga habura isaha 2h ngo umukino ube, nurangiza wowe ferwafa ngo uwukuyeho uwimuriye undi munsi ntanibiganiro byabayeho byimura uwo mukino,Ntago babiteguye neza…harimo akajagari!!!ntago wafata ikipe

irare locale
Wishyure ikibuga
Ambulance
Croix rouge
Ball boys
Bus ya equipe
Frais de mission ku bakinnyi
Prime de match nurangiza ibyo byose,abakinnyi nibagera kukibuga ngo umukino urahindutse uretse nimikorere mibi harimo nagasuzuguro”

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
3 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
King
King
1 year ago

Nukuri gutyo nugufata ikipe ukayigira nkaho ari iyabana nge ndumva harimo nagasuzuguro kuva muri championa ndumva byaba sawa tukava muri uno mwanda nawaduhae lmvitation wa mugani wa KNC

Nyaminani Francois
Nyaminani Francois
1 year ago

Muri ferwafa harimo akajagari kadasobanutse !harya ubwo ngo bari gushaka ikipe y’igihugu isobanutse mu kajagari kameze gutyo?

France Remy
France Remy
1 year ago

Shn nanjye ndi umufana wa APR FC ark ibintu bakoreye RAYON SPORT FC nubu biracyambabaza kd simbona uburyohe bwa peace cup itarimo RAYON naho FERWAFA yo tumaze kuyimenyera mu gufata imyanzuro ihubutse

Umugore wa Tom Close yifashishije ifoto ya nyirabukwe ateruye umugabo we akiri umwana maze amwifuriza umunsi mwiza wahariwe abagore – AMAFOTO

Inkuru y’urukundo rwa Helen na Les Brown bavukiye umunsi umwe bagapfira igihe kimwe (AMAFOTO)