in

NdabikunzeNdabikunze NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Ibyo The Ben yakoze mu bukwe bwa Miss Grace Bahati byatumye benshi bamwibazaho

Mu minsi ishize twabagejejeho inkuru y’ubukwe bwa Miss Grace Bahati. Ni ubukwe bwari bwitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye harimo n’abahanzi The Ben na Meddy ndetse aba bombi banafatanyije kuririmba indirimbo My vow ya Meddy muri ubu bukwe.

Twagerageje kubacishiriza amaso mu bitekerezo byatanzwe na benshi babonye aya mashusho aho The Ben yafashaga Meddy kuririmba indirimbo My Vow, benshi  n’ijwi rya The Ben muri iyi ndirimbo ndetse bibaza niba The Ben na Meddy batabitekerezaho bagafatanya iyi ndirimbo bakongera bakayisubiramo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyarwenya Eric Omondi arashaka umunyarwandakazi agira umugore||bakobwa ntimucikwe.

Umuhungu na mushiki we bahawe uburenganzira bwo kuryamana kubera impamvu isekeje.