in

“Ibyo Sabin yankoreye sinabiceceka” Mu marira menshi Kadaffi Pro yavuze ko ashaka kujyana Murungi Sabin muri RIB

Nyuma y’ibimaze iminsi byose bivugwa ku munyamakuru Murungi Sabin, kuri ubu n’umufotozi Kadaffi nawe aravuga ko Sabin yamuhemukiye ahubwo ko ashaka kumujyana muri RIB bitewe nibyo yamukoreye.

Kadaffi avuga ko Sabin yamwambuye amafaranga agera kuri million y’amanyarwanda, angana n’igihumbi cy’amadorari ya Amerika.

Kadaffi akomeza avuga ko aya mafaranga ari umuntu wari wayashyize muri kado ngo ayabahe , akayanyuza kuri Murungi Sabin kugirango ayageze mu Rwanda, aho kuyabazanira akayirira. Reba videwo.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru nziza ku bantu bategaga imodoka bakishyura urugendo rwose kandi bari kuvirimo hagati mu rugendo

N’ubuzima bushobora kuhasigara! Meteo Rwanda yatangarije abanyarwanda amatariki ateganyijwemo imvura iteye ubwoba mu gihugu hose