in

Inkuru nziza ku bantu bategaga imodoka bakishyura urugendo rwose kandi bari kuvirimo hagati mu rugendo

Guverinoma yatangaje ko mu gihe cya vuba abatega imodoka rusange bazajya bishyura amafaranga bitewe n’aho imodoka ibagejeje.

Ibi bije nyuma yaho wategaga imodoka ukishyura urugendo rwose iyo modoka iribukore kandi mu byukuri utari bugere aho imodoka yerekeza.

Ibi biri mu rwego rwo korohereza abaturage kutaremererwa n’igiciro cy’ingendo mu gihe izaba yahagaritse nkunganire yatangiraga umugenzi.

Src: IGIHE

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

AFCON 2023: DR Congo yahawe isomo n’ikipe y’igihugu ya Afurika y’Epfo iherutse gutsindwa n’Amavubi ibitego bibiri ku busa

“Ibyo Sabin yankoreye sinabiceceka” Mu marira menshi Kadaffi Pro yavuze ko ashaka kujyana Murungi Sabin muri RIB