in

Ibyishimo byabarenze bakuramo imyenda bari mu muhanda! Abakinnyi ba APR FC ibyishimo byabarenze nyuma yo gusezerera Kiyovu Sports – VIDEWO

Abakinnyi b’ikipe ya APR FC, ibyishimo byabarenze nyuma yo gutsinda ikipe ya Kiyovu Sports, bakuyemo imyenda yabo yo hejuru ubwo bari mu modoka bataha i Shyorongi baherekejwe n’abafana babo.

APR FC yagiye ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’amahoro, nyuma yo gusezerera Kiyovu Sports ku giteranyo k’itego 3-2. Ubwo umukino wa nyuma, uzahuza Rayon Sports na APR FC kuri sitade mpuzamahanga ya Huye.

Reba videwo aho hasi:

 

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

‘Byarenze ubwenge’ Tricia umugore wa Tom Close yongeye gushimangira umubano udasanzwe afitanye na Mutesi Jolly ubwo yerekanaga impano idasanzwe yamuhaye(AMAFOTO)

Bari kuhasiga ubuzima: Abakinnyi ba FC Barcelona bakijijwe n’amaguru nyuma yo kwegukana igikombe cya Shampiyona