in

Ibyavugwaga kuri Messi byo kujya Muri Fc Barcelona yabiteye utwatsi

Messi yakomeje kuvugwa mu ikipe ya Barcelona ari nayo yakuriyemo byavugwaga ko ashobora kwerekezayo mummwaka wa 2023 w’imikino.

Gusa ubu amakuru agezweho avuga ko Lionel Messi azakomeza gukinira ikipe ya PSG kugeza mu mwaka wa 2024, Nyuma y’ ubwumvikane hagati y’ impande zombi.

Ubwo abakunzi b’umupira w’amaguriwbitegure kongera kumbona mu ikipr ya PSG nk’ibisanzwe.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto: Ihere Ijisho ubwiza bw’umwana wa Rihanna

Lionel Messi agiye gushyirwa ku mafaranga y’igihugu cya Argentine, menya ifaranga agiye gushyirwaho