in

Ibyamubayeho nyuma yo kuryamana n’umwarabu kandi ari umwirabura ni akumiro

Umukobwa w’imyaka 29 ukomoka mu Ntara ya Siaya muri Kenya ari mu gahinda kenshi nyuma yo kwirukanwa n’umuryango we nyuma yo kuva gushakira ubuzima mu Barabu.

Uyu mudamu ufite agahinda witwa Anna, yavuye muri Kenya yerekeza muri Saudi Arabia gukora akazi ko mu rugo

Nyuma yo gukora amezi 7, bivugwa ko yasambanijwe na shebuja.Nyuma yaje kwirukanwa aho yakoraga amaze gutwita.Nyuma yaje kubyara umwana ufite ishusho y’Abarabu nyuma yo gusubira iwabo.Umuryango we wahise umwirukana hamwe n’abandi bana be batatu none ubu nta ho kuba afite.

iyi nkuru y’uyu mukobwa wazize ubusa yashyizwe kuri facebook n’umuntu uharanira uburenganzira bwa muntu kugira ngo ahabwe ubutabera..

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abantu bumiwe babonye umwarimukazi wo muri Kaminuza ucuruza ibijumba

Biravugwa ko Miss Teta yavunitse iryinyo kubera gukubitwa