in

Ibyabo babikora ruzungu! Ya kipe y’abanyamujyi yongeye gusinyisha abakinnyi 2 imbumbe

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu tariki 29 Nyakanga 2023, nibwo hamenyekanye abandi bakinnyi 2 basinyiye ikipe ya AS Kigali.

AS Kigali nkuko ifite intego zo kwibanda cyane ku bakinnyi beza b’abanyarwanda,  yatangaje ko ubu yamaze kugura Benedata Janvier Jijia wakiniraga Kiyovu Sports ndetse na Ishimwe Saleh Tominay wakiniraga Bugesera FC.

Aba bakinnyi bose basinye imyaka 2 muri iyi kipe y’abanyamujyi, baje basanga abandi 3 baherutse kuyisinyira aribo Kimenyi Yves, Ndayishimiye Thierry ndetse na Cyuzuzo Aime Gael.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubuse ntabwo abantu bazajya barimuhamagara? Umunyarwenya ukunzwe cyane mu Rwanda yiyemereye kumugaragaro ko ari itungo ryitirirwa ibigwari

Ahora yisekera: Gloria Mukamabano yagaragaye yakenyeye maze yerekwa urukundo rudasanzwe -IFOTO