in

NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Ibyabaye kuri uyu mukobwa muto ubwo yumvaga ko umwarimu we yishwe na SIDA.

Nk’uko byatangajwe n’umuntu ukoresha twitter,witwa @ Spend0Gustav0, wavuze iyi nkuru, umunyeshuri w’umukobwa utaravuzwe izina yacitse intege inshuro eshatu agwa igihumure yumvise inkuru ibabaje y’urupfu rw’umwarimu we wamwigishaga muri Kaminuza, bivugwa ko yapfuye azize SIDA.

Ntampamvu yatanzwe kucyateye uyu mukobwa muto ubwoba, ariko nkuko benshi bagiye babigarukaho muri comment ,Benshi bibwiraga ko uyu mukobwa na Mwarimu we bashobora kuba bararyamanye akaba na we yaketse ko yanduye SIDA.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Niba umugabo wawe agukorera ibi bintu bikurikira, ntugashidikanye aragukunda by’ ukuri

Rulindo: Umugore yahagaritse ubukwe bw’umugabo we imbere ya Gitifu abantu barahurura