in

Ibitaramenyekanye ku ifungurwa ry’umunyarwenya Nyaxo

Mu kwezi kwa Kanama tariki 22 2022 nibwo umunyarwenya Kanyabugande Olivier wamenyekanye nka Nyaxo yatawe muri yombi ndetse bivugwa ko yari afungiwe kuri Station ya RIB I Nyamirambo .

Ntihashize iminsi myinshi uyu munyarwenya aza kugaragara mu ruhame mu gitaramo bigomba guhinduka ndetse abantu benshi batatungurwa cyane bibaza uko byagenze ngo Nyaxo afungurwe.

Nyuma y’aho rero benshi batamenye uko byagenze ngo avungurwe.Amakuru avuga ko uyu Nyaxo yabanje kwitaba urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge maze aburana ifungwa n’ifungurwa nkuko umunyamakuru kalisimbi kibivuga.

Nyaxo washinjwaga gukomeretsa umuntu ngo yabaye afunguwe by’agateganyo ndetse ngo azajya yitaba ubushinjacyaha mu gihe cy’iminsi 30 mu gihe hagikusanwa ibimenyetso.Hanyuma akazita urukiko aburana urubanza mu mizi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Itike yo kureba umukino wa Bayern Munich na FC Barcelona yavugishije abantu

“Tubabarire cheri urye taille yawe oya” imiterere mishya ya Miss Josiane yatangaje abafana