in

Ibise byo biragenda gute? Rayon Sports yaguze umukinnyi imwishimiye ariko bamwe mu bantu bingenzi muri iyi kipe batangiye kugaragaraza ko batamwishimiye

Ibise byo biragenda gute? Rayon Sports yaguze umukinnyi imwishimiye ariko bamwe mu bantu bingenzi muri iyi kipe batangiye kugaragaraza ko batamwishimiye.

Rayon Sports yaguze umukinnyi w’umuhanga cyane ukina hagati mu kibuga mu ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi witwa Kalisa Rashid wakiniraga ikipe ya AS Kigali gusa bamwe ntabwo bigeze bishimira cyane uyu musore uzwiho gutegeka umupira.

Ubwo bamwe mu bakunzi b’iyi kipe babonaga uyu musore abenshi bamwishimiye cyane gusa burya ngo nta muntu ushimwa na bose dore ko hari abagiye bagaya imyambaro yerekanywe yambaye bavuga ko yambarwa n’abafana abandi nabo bati uyu ntabwo ari Abedi mutuzaniye.

Amafoto ya Kalisa Rashid umukinnyi mushya wa Murera:

Bimwe mu byo abantu bagiye batangaza:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakobwa nabo bemeye: Anita Pendo uzwiho kutagira isoni yerekanye ibyo abandi bagore batinya kwerekana maze abantu barayamanika -IFOTO

Yakoze ibisa nk’ibitangaje: Nyuma y’igihe kirekire atagaragara mu kibuga Neymar Jr yongeye kwereka Isi ko umupira umuri mu maraso