in

Ibintu 12 udakwiye gutinyuka kubwira umukobwa igihe uri kumutereta

Abagabo muri rusange  bazwiho kuvuga ibintu mu mazina yabyo kandi bakabivugira aho , ariko kandi usanga hari imvugo bakoresha mu byukuri babwira abakobwa kandi ari imvugo abakobwa muri rusange  bafata nkagasuzuguro kuribo ,kubaharabika no kubafata nk’indaya .

Aha rero hari imvugo 12 ukwiye kwirinda kubwira umukobwa igihe cyose murikumwe cyangwa ukaba wazivuga mu bundi buryo butandukanye nubwo usanzwe uzivugamo.

  • Ndashaka ko uzagaruka kunsura :Ikinyamakuru Daily Entertainment kivuga ko umusore igihe yanyuzwe n’ibihe byiza yagiranye n’umukobwa hari ubundi buryo yagakoresheje amusaba kuzagaruka kumusura
  • Kumubaza niba umwambaro ari bwambare yari yawutekerejeho barabyanga 
  • Kumusaba gutuza igihe yarakaye 
  • Kumubwira ko murumuna we ari mwiza cg ashyushye 
  • Kumubaza niba ibiryo yaruye cg ikintu agiye kurya (kinini) ari bukimare 
  • Kumubwira ko afite isura nziza
  • Kuvuga ku mukobwa mwahoze mukundana
  • Kumubwira ko umusatsi we urigusa neza
  • Kumubwira ko ibintu ashaka gukora ari iby’abahungu atabibasha
  • Kumubaza niba umusatsi we afite koko ari uwe cyangwa ari imwe yimiterano
  • Kumubaza umubare w’abahungu yaryamanye nabo 
  • Ku mubaza ngo ko yabyibushye!

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya Musanze FC yadabagije abakunda ruhago

KNC yatangaje ibitego Rayon Sports izatsindwa na AS Kigali