in

Ibihugu 5 bifite abakobwa beza muri Africa

Muri Africa hari abakobwa ndetse n’abagore beza ariko siko muri buri gihugu barimo abubwo hari aho baba bihariye cyane ndetse ugasanga n’utundi duce ntawarokotsemo n’umwe byibuze.

Ibihugu bitanu bifite abakobwa beza ni;

1. Somalia 

Ni iguhugu kigendera ku nahame ya kislam ndetse ukunda gusabga abakobwa baho bose bipfutse no mu maso ariko mwahuje urugwiro bakipfukura, nta handi wazongera gutekereza kujya gushaka umugore.

2. Ethiopia

Ni igihugu giherereye mu majyaruguru ya Kenya, urugero rwiza rw’abakobwa baho ni Mimi umugore wa Meddy.

3. Egypt

Ni igihugu giherereye mu majyaruguru iruhabde rw’inyanja itukura kwa Mohamed Salah naho haba abakobwa beza ntiwabyumva.

4. South Africa

Ni cyo gihugu cyonyine kiri mu magepfo ya Africa gifite abakobwa beza kuko ari cyo cyonyine kigaragara kuri uru rutonde rw’ibihugu butanu bifite abakobwa beza.

5. Ghana

Iki nicyo gihugu cya nyuma mu bihugu 5 muri Africa bifite abakobwa beza kikaba gituranye na Nigeria.

Igihugu cy’u Rwanda ntago kigaragaye kuri uru rutonde rw’ibihugu bifite abeza ndetse ntanubwo ruri mu bihugu 10 bya mbere aho muri east Africa harimo Kenya, na Tanzania.

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mukobwa, nukorera sheri wawe aya makosa ibizakubaho uzabyirengera

Mu Rwanda: umugabo yaciye igikuba nyuma yo kugaragara asengera mu nsi y’urutare ruteye ubwoba(Video)