Hari ubutubuzi bwateye m’u Rwanda, abantu bakoze icyo twakwita nka virusi bari guha abantu bakabatwara amafaranga.
Ibi ni abantu bari kubiha abandi nabo ubwabo bataziko ari virusi bari gutanga,

Dore uko biri kugenda ; umuntu yakoze iyo link ayiha abantu yanditseho ngo ni impano y’amafaranga, ubundi bakayifungura bagakora ibyo basabwa, bidatinze bahita batsindira amafaranga.
mubyo bagusaba harimo noguha iyo link abandi, warangiza ugakomeza kuzuza ibyo bagusaba ngo bayaguhe, aho kuyaguha ahubwo bagutwara nayawe wifitiye.
Unva ubuhamya :