in

“Ibi mubyitondere kandi nta muntu bitaribugereho”  Unva ubuhamya ku butubuzi buri kubera kumbuga nkoranyambaga

 

Hari ubutubuzi bwateye m’u Rwanda, abantu bakoze icyo twakwita nka virusi bari guha abantu bakabatwara amafaranga.

Ibi ni abantu bari kubiha abandi nabo ubwabo bataziko ari virusi bari gutanga, 

Dore uko biri kugenda ; umuntu yakoze iyo link ayiha abantu yanditseho ngo ni impano y’amafaranga, ubundi bakayifungura bagakora ibyo basabwa, bidatinze bahita batsindira amafaranga. 

mubyo bagusaba harimo noguha iyo link abandi, warangiza ugakomeza kuzuza ibyo bagusaba ngo bayaguhe, aho kuyaguha ahubwo bagutwara nayawe wifitiye. 

 

Unva ubuhamya :

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Isimbi Noeline uzwiho gukina filime z’urukozasoni burya ashyigikiwe na musaza we, yavuze akayabo yatanze kugira ngo yongereshe amabere abantu barumirwa

Dore ibintu byazanye Harmonize mu Rwanda urimo kwinywera agakoma mu biryogo