in

‘Ibi birambabaje gusa Imana Niyo nkuru’ Niyo Bosco kubera ubumuga bwo kutabona afite yabajije ikibazo kizamura amarangamutima ya benshi

‘Ibi birambabaje gusa Imana Niyo nkuru’ Niyo Bosco kubera ubumuga bwo kutabona abana n’abwo yabajije ikibazo kizamura amarangamutima ya benshi

Umuhanzi Niyo Bosco yongeye kuzamura amarangamutima ya bamwe nyuma y’ikibazo yabarije ku rukuta rwa Twitter.

Kuri uru rubuga rwa twitter hari icyo bita ‘space’ ni ahantu abantu bahurira bakaganira ariko batarebana baganira mu buryo bw’amajwi nk’uko mwahamagarana mugahurira ku murongo wa Telefoni muri benshi.

Rero Niyo Bosco amaze kuva muri iki kiganiro cya space yagize amatsiko ndetse ashaka kubaza uko biba bimeze kuko we ntago yabibonaga.

Yagize ati: “Hari ibintu kuri Twitter navumbuye byitwa “Space” Nonese we, abantu baba banagaragara? Ko numvaga bavugana nk’abarebana.Gusa numvise bishimishije aho narindi”.

Nyuma yo kwandika ibi hari abo byakoze ku mutima ndetse bavuga biringiye ko Imana izamutabara nawe akongera akareba.

Reba bamwe mu bagize icyo bavugaho

 

 

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Igihugu cy’Afurika y’epfo kiri mukangaratete nyuma y’uko amafaranga yabo ateshejwe agaciro cyane

Arahigwa bukware: Umugabo arahigishwa uruhindu nyuma yo kwivugana abana be bagera kuri babiri akoresheje inkota