in

Ibanga mu gutuma uruhu rwawe rudasaza vuba

Kuba uruhu rwo mu maso rwasaza vuba ni kimwe mu bintu bibangamira benshi ndetse bikabatera kwitakariza icyizere kuko bamwe batangira gukeka ko bakuze kandi bakiri bato.

Ahanini gusaza k’uruhu imburagihe biterwa n’izuba, amavuta wisiga, umunaniro ukabije n’ibindi. Uramutse waragize iminkanyari imburagiihe cyanwga se wifuza kuyirinda hari uburyo bworoshye bwagufasha.

Ubwo buryo nta bundi ni ubwo gukoresha amavuta ya coco. Amavuta ya coco afite ubushobozi bwo kurwanya gusaza ku ruhu kuko roshya uruhu kandi ikaba ikize kuri anti oxydants n’amavitamins arinda uruhu gusaza.

Kwisiga buri munsi amavuta ya coco bizarinda uruhu rwawe kwangizwa n’izuba ndetse bikurinde n’iminkanyari yo ku maso ikunze guterwa n’umunaniro cyangwa se amavuta mabi. Icyo gihe ufata amavuta make ukajya usiga hafi y’amaso uhamasa buhoro buhoro ukabikor aburi munsi.

Naho ku minkanyari yo mu gahanga n’ahandi ku ruhu rwo mu maso dore uko ubigenza :

Karaba mu maso uhahanagure neza humuke
Fata amavuta make ya coco wisige mu maso uhamase buhoro buhoro ku buryo amavuta yinjira mu ruhu

Yarekereho uyararane ijoro ryose
Uko uyisiga buri munsi niko uzagenda ubona impinduka ku ruhu rwawe rugend arworoha rukareka gukanyarara.

Ibyiza ni uko wakegera impuguke mu kuvura indwara z’uruhu bakakogereza uruhu rugasubirana itoto. Muri Ange Saloon Spa niho honyine muri Kigali bagufitiye Glycerine uvanga n’amavuta yawe asanzwe maze ugatanduka n’indwara z’uruhu.

Aha bavura indwara zose z’uruhu harimo nko kugira ibiheri mu maso, imiburu, amabara ku ruhu biterwa no kwisiga amavuta atari meza nka ‘Mukorogo’, inkovu zo ku mubiri, ndetse bagufitiye n’umuti wirukana ubwoya bwo ku mubiri.

Ukeneye amavuta ya coco andikira kuri Whatsapp kuri nimero 0788538135. Uwifuza kutugana wadusanga mu isoko rya Nyarugenge, mu nyubako ya mbere, ku murongo wa GF 45 na 331 iruhande rwa COPEDU. Ku bindi bisobanuro waduhamagara kuri nimero: 0781904532/ 0784048537, cyangwa ukatwandikira kuri whatsapp :0788 538 135.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Musenyeri Musengamana Papias yasuye abana bagororerwa muri Gereza ya Nyagatare ndetse anabaha amasakaramentu arimo no kubatizwa – AMAFOTO

Abakinnyi 3 ba Rayon Sports babwiwe kugaruka mu myitozo barabyanga none umutoza Mohamed Wade yafashe umwanzuro wo kutazongera kubabanza mu kibuga