in

I Musanze hagiye gushya kur’uyu wagatanu

 

Mu Karere ka Musanze mu ntara y’amajyaruguru hagiye kubera igitaramo gikomeye cyane kizitabirwa n’abahanzi bakomeye hano mu Rwanda.

Ni mu bitaramo byateguwe n’uruganda rwa Skol mu rwego rwo kumenyekanisha ibinyobwa bakora birikuzenguruka u Rwanda ubu hakaba hatahiwe gukurikiraho Musanze.

Ibi bitaramo biteganyijwe ko bizitabirwa n’abahanzi bakomeye cyane hano mu Rwanda barangajwe imbere na Bushali, Marina, Mr Kagame ndetse n’abandi benshi cyane.

Iki gitaramo giteganyijwe kuba ku wa 5 tariki 24 werurwe 2023 ndetse no ku wa 6 tariki 6 werurwe 2023 kikazabera kuri sitade Ubworoherane ya Karerek ka Musanze saa cyenda z’amanywa.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yaroze umugore we bari bafitanye abana 6 kubera inshoreke ye

Umunyarwenya ukunzwe n’abanyarwanda batari bake agiye kwitabira igitaramo cy’urwenya hanze y’uRwanda