in

I Bugesera habereye akarasisi k’igare kabereye ijisho bitanga n’ishusho y’ukuntu Tour Du Rwanda y’uyu mwaka izaba imeze

I Bugesera habereye akarasisi k’igare kabereye ijisho bitanga n’ishusho y’ukuntu Tour Du Rwanda y’uyu mwaka izaba imeze.

Mu gihe habura umunsi umwe ngo irushanwa ry’amagare rya Tour du Rwanda, ritangire, i Bugesera hakozwe igisa n’akarasisi ko kwinjiza abantu mu mwuka wa Tour du Rwanda, kagaragayemo kabuhariwe mu mukino w’amagare Chriss Froome.

Ni igikorwa cyabereye ku kibuga cy’umukino w’amagare (Pump track) giherutse kuzura mu Murenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera.

Kabuhariwe mu mukino w’amagare Umwongereza Chriss Froome ukinira ikipe ya Israel Premier Tech ndetse n’ikipe, bagaragaye muri iki gikorwa.

Iki Kibuga kandi cyubatswe ku bufatanye n’iyi kipe Israel Premier Tech, yafatanyije n’abana b’Abanyarwanda kugitaha, kizajya gikinirwaho amarushanwa atandukanye.

 

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza Haringingo Francis yahise akora impinduka zikomeye mu bakinnyi 11 Rayon Sports izabanzamo ku mukino wa Gasogi United

KNC umaze iminsi avuga amagambo yo gutera ubwoba Abareyo yavuye ku izima ahishura rutahizamu wa Rayon Sports ufite ubushobozi bwo kwinjiza igitego mu izamu rya Gasogi United