in ,

Haruna Niyonzima yatangaje amagambo yuje urukundo ku isabakuru y’abana be b’impanga

 

Kapiteni w’ikipe y’igihugu Amavubi Haruna Niyonzima ubu uri gukina muri shampiyoni y’igihugu cya Libya yitwa Al Ta’awon yatangaje amagambo yuje urukundo ku munsi w’isabukuru y’abana be.

Haruna Niyonzima ufite agahigo ko kuba umukinnyi wa mbere wa hamagawe inshuro nyinshi mu ikipe y’igihugu Amavubi abereye kapiteni ubwo yashyiraga amafoto y’impanga ze ebyiri z’abakobwa ku rubuga rwa Instagram yagize ati:” Muri beza mwembi mu buryo bwose”.

Haruna Niyonzima akomeza yifuriza abana be isabukuru nziza y’amavuko ku munsi w’ejo tariki 17 Mata 2023 maze agira ati:” Isabukuru nziza y’amavuko mpaga zange nziza”.

Uyu. mukinnyi ubu ari gukina mu ikipe ya Al Ta’awon yagiyemo avuye mu ikipe ya AS Kigali.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukecuru ugendera ku nkoni yagiye gusezerana imbere y’Imana n’umugabo we – VIDIO

Umukinnyi wo mu kibuga hagati mu ikipe ya Rayon Sports agiye kujya kwibera i Burayi