in

Harmonize nyuma yuko avuze ko agiye gusohora indirimbo ishimagiza urumogi, arongeye atangaza ibyatumye benshi bamwibazaho

Harmonize nyuma yuko avuze ko agiye gusohora indirimbo ishimagiza urumogi, arongeye atangaza ibyatumye benshi bamwibazaho.

Kuri iyi nshuro, Harmonie arimo kuvugisha benshi nyuma yo kuvuga ko yatangiye kujya yishyuza miliyoni 100 z’Amashilingi ya Tanzania ku muntu wese ushaka ko bakorana indirimbo.

Miliyoni 100 z’Amashilingi asaga miliyoni 46 frw, ndetse yanavuze ko hari n’uwo yakwaka miliyoni 500.

Mu butumwa yanyujije kuri Instagram ye, yagize ati “Ngiye gutangira kwishyuza miliyoni 100 TZS ku gukorana nange indirimbo kugirango ibe nziza. Hari umuntu mfitiye amashyushyu yo kwishyuza miliyoni 500 Tzs”.

Akivuga ibi, abantu batangiye guseka, bavuga ko arimo gutebya kuko ako kayabo, atanagakorera byoroshye mu bitaramo.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru mbi ku bakunzi ba Rwatubyaye Abdul myugariro wa Rayon Sports ndetse n’ikipe y’igihugu Amavubi

Amafoto: Dore uko byari bimeze ubwo Perezida wa Rayon Sports Uwayezu Jean Fidele yasuraga abakinnyi b’iyi kipe