in

Harimo na Zari wahoze akundana na Diamond, abakobwa b’ibizungerezi bakundanye na The Ben

Bamwe mu bakobwa bagacishijeho n’umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi ku izina rya The Ben harimo benshi b’ibyamamare ariko baje kurangizwa na Pamella.

1.The Ben yahakanye ko yabyaranye n’umukobwa witwa Midi

Muri Mutarama 2015, The Ben yatangaje ko ari mu ukundo n’umukobwa witwa Midi uba uba muri Amerika ariko yamagana amakuru yari amaze iminsi ahwihwiswa ko yaba yarateye uyu mukobwa inda ndetse bakaba barabyaranye imfura.

3.Iby’urukundo rwe n’umukobwa yifashishije muri ‘Naremeye’

Ku wa 08 Kamena 2019, The Ben yasohoye amashusho y’indirimbo yise ‘Naremeye’, bivugwa ko umukobwa ugaragaramo mu ndirimbo bari mu munyenga w’urukundo.Abavugaga ibi bashingiraga ku buryo bose bitwawe mu mashusho y’iyi ndirimbo afite iminota 04 n’amasegonda 03’.

4.The Ben yahakanye ko ari mu rukundo n’umukobwa yakoresheje mu ndirimbo ‘Vazi’

Ku wa 15 Nzeri 2019, The Ben yasohoye amashusho y’indirimbo ‘Vazi’ y’iminota 04 n’amasegonda 09’. Imaze kurebwa n’abantu barenga miliyoni 4 kuri Youtube.

5.The Ben yavuze ku mubano we n’umunyamideli Zari the Lady Boss:

Byavuzwe ko bari mu rukundo, bamwe baratungurwa! Mu kiganiro n’itangazamakuru, ku wa 31 Ukuboza 2019 yahuriyemo n’abandi bahanzi batumiwe mu gitaramo cya East African Party, The Ben yatangaje ko Zari wahoze ari umugore wa Diamond badakundana nk’uko benshi babiketse.

 

 

 

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Byaramubabaje: Anita Pendo yatangaje impamvu ikomeye cyane yatumye atazongera kuvumba ipilawu ku munsi w’irayidi abantu barumirwa

Umukinnyi umwe wa Rayon Sports yababajwe cyane no kuba batarakinnye na Intare FC Kandi yashakaga kuyihemukira cyane kubera impamvu imwe gusa