in

Hanzuwe ko ariwe muhanzi ukunzwe n’abantu benshi ku isi yose

Umuririmbyi n’umwanditsi w’indirimbo ubusanzwe witwa Abel Makkonen Tesfaye wamamaye nka The Weeknd, hashingiwe ku mibare ni we muhanzi ukunzwe kurusha abandi ku mubumbe w’isi.

ibintu byamaze no guhabwa umugisha na Guinness World Records yamaze kwemezwa ko The Weeknd ari we muhanzi ukunzwe ku rusha abandi ku isi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru y’inshamugongo isohotse kano kanya ku bakunzi ba muziki aho bari hose

Aba bo Rayon Sports izabakiza! Hertier Luvumbu na Willy Essomba Onana bahawe ubutumire bukomeye