in

Inkuru y’inshamugongo isohotse kano kanya ku bakunzi ba muziki aho bari hose

Inkuru y’akababaro isohotse nonaha ni uko umuririmbyi wari ukomeye cyane mu gihugu cy’u Burundi, Saidi Brazza yaraye yitabye Imana.

Uyu muhanzi wari umaze iminsi arembye, yitabye Imana mu ijoro ryakeye i Ngozi aho yarasanzwe arwariye.

Brazza akaba yapfuye azize indwara, gusa umuryango we ntiwigeze ushako ko ija ahabona nubwo yari ayimaranye iminsi.

Uyu muhanzi yakoze indirimbo nyinshi zikora ku buzima bw’igihugu harimo nk’iyo yise ‘Burikukiye’ itazibagirana mu Barundi.

Tumwifurije iruhuko ridashira

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Sankara umuvandimwe wa Junior Giti yavuze indwara imurembeje arwaye ndetse avuga ko iyo ndwara ari Junior Giti wayimwanduje

Hanzuwe ko ariwe muhanzi ukunzwe n’abantu benshi ku isi yose