in

Hamenyekanye impamvu Sugira yavuye muri APR FC intandaro ni Adil(Amafoto)

Mu mwaka wa 2019 tariki ya 24 Ukwakira nibwo ikipe ya APR FC yashyize hanze itangazo rivuga ko batandukanye na rutahizamu wabo Sugira Ernste.

Ihira iti “Kuri Sugira Ernest,
umutoza wawe (Adil) yaraguhamagaye aguha amabwiriza aho kumwereka ko wabyumvise kandi uribubikore wahise umwiyama ukoresheje ikiganza cyawe”

None kuri ubu 24/10/2022 umutoza wa APR Adil yahagaritswe n’abakoresha be ntiyemera igihano ahubwo aritahira avuga ko agiye kujya mu nkiko akarega APR FC avuga ko yamusuzuguye.

Dore ibaruwa yandikiwe Sugira:

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kayonza:umukecuru w’imyaka 76 yishwe urubozo akaswe ijosi

Ndimbati w’ihebeye ikipe ya Rayon Sports yavuze akari kumutima nyuma y’igihe kinini atagera ku kibuga(Amafoto)