in

Hamenyekanye impamvu ama sitade yo m’u Rwanda ari kuvugururwa byihuse

Sitade amahoro yaba iri kuvugururwa kuberako bitaganyijweko arimwe mu masitade azakira super cup nyafurika

muminsi mike ishije nibwo hagaragaye Urutonde rwamakipe 20 arimo na rayon sport yo m’urwanda bivungwako azakina Igikombe cya super cup nya furika.

ubwo ibitangazamaku byabazaga umunyamabanga wa Ferwafa yagize ati”Nibyo koko super cup nya furika yemejwe Na CAF icyo tutaremeza nuru rutonde rwiganjemo amakipe akomeye kuyu mugabane w’africa nka TP mazembe yo muri congo DR,zamaleke yo mu misiri,Casablanca waidadi,Simba fc,inyimba,Na rayon sport yo m,urwanda akomeje agirati ibi byemejwe na presida wa CAF Patrice mutsepe ati rero nugutegereza tukabanza tukamenya uko bizagenda mu guhitamo ayo makipe”

Bivungwako ikipe izajya yitabira iyi super cup izajya ihabwa akayabo ka milliyoni (20$)za madorali y,america nukuvuga milliyoni hafi maganabiri zamanyarwanda
Benshi bavugako biramutse bibaye ukuri rayon ikaba iri kuru rutonde byayifasha kwikura mubibazo byamikoro make bikunze kuranga iyi ekipe ifite abakunzi benshi hano
M’Urwanda reka tubitege amaso turebe

Written by Kubwayo JD

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Nyandwi charles
Nyandwi charles
2 years ago

Ese mwajyiye mubanza gusesengira injury yanyu? Ubu koko 20$ million ni 200 million franc rwandais? Uziko muzajya mudutera kumva ko mudashoboye kdi ntampamvu?

Amafoto y’umukobwa uri muri #MissRwanda2022 ufite impano yo gukora siporo zitangaje

Chorale de Kigali yaraye itunguye abantu ibakorera igitamo mu buryo budasanzwe (Amafoto)