in

Hakozwe udukingirizo tw’ururimi twifashishwa mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Umwarimu ,akaba n’umushakashatsi mu gihugu cya Ghana  Dr Paul Adu yavumbuye ko imibonano mpuzabitsina ikoreshejwe ururimi mu gitsina cy’umukobwa ari imwe mu ikorwa n’abantu benshi ku isi.

Uyu mwarimu akavuga ko abanya-Ghana benshi by’umwihariko urubyiruko bakunze kwandura indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina binyuze muri iyi mibonano mpuzabitsina  abantu bakoresha ururimi rwabo mu gitsina cy’umukobwa.

Ngo bitewe no kuba yarashishikajwe kenshi no kumenya byinshi ku ndwara zandurira mu mibonano mpuzabistina ndetse agasanga urubyiruko rwinshi muri iki gihugu rukunze kuryoherwa n’ imibonano mpuzabitsina ikorewe mu kanwa no mu kibuno. .

 Dr Paul Adu abinyujije ku rubuga rwe rwa twitter yasabye urubyiruko gukoresha aka gakingirizo k’ururimi abasaba kudatuma hari amatembabuzi abagera ku minwa ,igihe cyose bumva bashishikajwe no gukoresha ururimi rwabo mu gitsina cy’umukobwa .

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abanyamakuru b’imikino bakomeye mu Rwanda bamaganiye kure Hakizimana Muhadjiri nyuma yo kwiyemera ku buryo bwatangaje benshi

The Ben na Pamella bagaragaye bari muri pisine bambaye utwenda two ku mazi bafatanye umubiri ku wundi -AMAFOTO