in

The Ben na Pamella bagaragaye bari muri pisine bambaye utwenda two ku mazi bafatanye umubiri ku wundi -AMAFOTO

The Ben na Pamella bongeye kugaragara bari kuryoherwa n’ubuzima ahantu hameze neza bombi bari muri pisine, ni nyuma y’amakuru avuga ko Pamella yasanze The Ben muri America.

Ibi byabereye aho bombi basokeye mu birwa bya Maldives bikunda gusurwa n’ibyamamare bikomeye ku isi, ni naho bari kuryoherwa n’ubuzima

Aba bombi bari kwitegura gukora ubukwe bagasezerana imbere y’Imana, kubera ko mu mwaka ushize bakoze ubukwe, aho basezeranye mu mategeko.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hakozwe udukingirizo tw’ururimi twifashishwa mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Inyama z’ibikeri zahenze ku isoko