in

Hagaragaye abakinnyi b’abanyarwanda bakagombye kuba bakinira amavubi umwe ukina muri Arsenal undi ukina mu Man U n’abandi

Byaragaragaye ko u Rwanda rufite abasore benshi bakina ku mugabane w’iburayi gusa bagiseta ibirenge mu kwemera gukinira ikipe y’igihugu cy’u Rwanda Amavubi.

Muri abo twavuga nka George Lewis Maniraguha ukinira ikipe ya Arsenal Fc ndetse na Emeran Noam ukinira ikipe ya Manchester united, uyu we byakabaye byoroshye ko akinira Amavubi kuko afite ise witwa Emeran Flitz Nkusi wakiniye Amavubi.

Ndetse hari n’undi musore witwa Mike Tresor Ndayishimiye ukinira Genk yo mu bubiligi.

Si abo gusa kuko hari n’abandi bana benshi bazi umupira b’abanyarwanda bakina ku mugabane w’iburayi gusa bataremera kuza gukinira Amavubi.

Mike Tresor Ndayishimiye

George Lewis Igaba-Ishimwe Maniraguha

Emeran Noam

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bwa mbere Alliah Cool yerekanye umwana aherutse kwibaruka(AMAFOTO)

CAF yashimiye abakinnyi babiri b’Amavubi nyuma yo kuzonga Benin