in

Gusaza ni mu mutwe! Umusirimu Cristiano Ronaldo yafashije ikipe ye kwegukana igikombe cya mbere ayigezemo

Kizigenza mu guconga ruhago ku Isi, Cristiano Ronaldo, nyuma yo gukusanya ibikombe bitandukanye i Burayi, ubu yongeye guterura ikindi gikombe mu Barabu.

Mu mukino wa nyuma w’amakipe yabaye ayambere mu Barabu (Arab Club Champions Cup), wahuje Al Nassr ya Cristiano Ronaldo yatsinze Al Hilal ibitego 2-1.

Ibi bitego byose 2 bya Al Nassr byatsinzwe na Cristiano Ronaldo ku munota wa 74 ndetse n’uwa 98, kuri ubu ufite imyaka 38 y’amavuko.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Mr Hatrick se ukina kwihisha” Rutahizamu wa APR FC Victor Mbaoma ataramiweho n’abafana ba Rayon Sports bari kwifata neza nyuma yo kunyagira APR FC imvura yo mu mpeshyi

Basezeranye gusangira akabisi n’agahiye ariko iyo bigeze ku makipe bafana buri wese ababara ukwe! Umuvugizi wa Rayon Sports we n’umugore we batitije Kigali mbere y’uko amakipe bafana acakirana (AMAFOTO na VIDEWO)