in

Griezmann na Pique batukaniye mu kibuga, ibitutsi biteye isoni ubwo batsindwaga na PSG

Ku munsi w’ejo imikino 1/8 cya Champions League nibwo yatangiye hariya ku mugabane w’i Burayi aho ikipe ya PSG yari yasuye FC Barcelone maze ikayinyagira ibitego 4 byose kuri kimwe. Uyu mukino rero bikaba byumvikana ko utari  uw’ibyishimo ku ruhande rw’abakinnyi b’ikipe ya Barca, nkuko byaje kugaragara ubwo Griezmann na Pique. baje gutukana ku babyeyi.

Ku munota wa 38 w’igice cya mbere, Gerard Pique nibwo yatangiye kubwirana nabi Griezmann amusakuriza amusaba kugaruka kumufasha kugarira, maze Griezmann ahita amusubiza amusaba kureka kumusakuriza akavuga gake.

Pique akaba yahise arakara niko gutangira gutuka Griezmann, ari Grizou nako nawe yamusubizaga> Bombi bakomeje gutukana kugeza ubwo Lenglet yabakijije.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Barack Obama yasangije abantu ifoto iteye ubwuzu y’umuryango we.

Ibintu ushobora kuba utaramenye ku mukunzi mushya wa Harmonize, ufite inkumi y’imyaka 18 y’amavuko.