in

Gitinyiro ibintu ibishyize ku rundi rwego! APR FC igiye kuzana rutahizamu wanyuze mu makipe akomeye i Burayi nko mu Bufaransa aje kuyifasha muri CAF Champions League

Aprfc ishobora kwibikaho rutahuzamu unyura ku mpande witwa Jules Keita bakunda kwita “Baba Neymar” akaba akomoka muri Guinea Conackry.

Uyu musore ufite imyaka 25 y’amavuko akinira ikipe y’igihugu ya Guinea ndetse yakiniye amakipe akomeye kumugabane w’uburayi nka Dijon, Lens zombi zo mubufaransa ndetse na CSK Sofia yo muri Bulgarian.

Yaje guhura n’ibibazo yagiranye na lens bituma agaruka iwabo murugo aho yakiniraga As karoum, ibiganiro na aprfc bigeze kure kugira ngo aze kuyifasha muri CAF Champions League.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi bose bari tayari! APR FC iri kubarizwa muri Tanzania yasoje imyitozo yitegura Al Hilal Benghazi itozwa na Florent Ibenge Ikwanga – AMAFOTO

Aba-Rayon ntibagikozwa ibyo kwigurira umwana w’ikipe! Amafaranga yo kugura Muhire Kevin akomeje kuba ayibura