in

Gira uruhu rutoshye kandi rukeye mu buryo bw’umwimerere

Inzozi za buri muntu wese ni ukugira uruhu rwiza kandi rukeye. Abagobo ndetse n’abagore, bose bifuza kugira uruhu runoze.

Niyo mpamvu benshi bahitamo gukesha uruhu rwabo kugira ngo bagabanye uturemangingo tugena ibara ry’uruhu tuzwi nka Meranine (Melanins).

Bituma abantu benshi bahitamo amavuta atandukanye hakaba hari n’abo agiraho ingaruka zo kurwara indwara z’uruhu.

Ku muntu wese waba afite indwara z’uruhu nk’iheri, amabara ku ruhu, inkovu ndetse n’ibindi, hari amavuta wakoresha ugahita usubirana uruhu rutoshye.

Aya mavuta wayasanga muri Ange Saloon Spa, aho usanga Salama (impuguke mu kwita ku ruhu) akakugira inama ku mavuta wahitamo kwisiga bikakurinda indwara z’uruhu.

Aya mavuta akozwe mu bimera, iyo uyisize utandukana n’indwara z’uruhu. Niba ugashaka, baza kuri nimero 0788538135

Aha tugufitiye n’amavuta uvangira mu mavuta usanzwe wisiga ubundi ugatandukana n’indwara z’uruhu.

Tubafitiye amavuta y’ubwoko bwose bitewe n’uruhu rwawe, by’akarusho tugufitiye amavuta uvangira mu yandi usanzwe wisiga ubundi ugatandukana n’indwara z’uruhu

Dukorera mu isoko rya Nyarugenge, mu nyubako ya mbere ku m’uryango GF 45, ukabaza muri Ange Saloon Spa and Boutique(kwa Salama), hafi y’Urwego Bank.

Aha nuhagera uzahasanga inzobere mu kuvura indwara zose z’uruhu nk’ibiheri, inkovu, amabara, ndetse n’ibindi bibazo byose by’uruhu.

Ku bindi bisobanuro wabahamagara kuri nimero: 0781904532/ 0784048537, cyangwa kuri Whatsapp:0788 538 135.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Birabe ibyuya! Abanyeshuri bagera kuri 72 bo muri GS Indangaburezi bagiye kwa muganga igitaraganya -Amafoto

Umuhanzi M.Augustin Bella afite intego yo guhuza Imana n’abantu