in

General ni Commissioneri w’amamodoka uwo ntiyatunga ikipe! Umufana wa Kiyovu Sports n’uburakari bwinshi [Video]

General ni Commissioneri w’amamodoka uwo ntiyatunga ikipe! Umufana wa Kiyovu Sports n’uburakari bwinshi [Video]

Umwe mu bafana bazwi cyane ba Kiyovu Sports witwa Azizi yatagaje ko Ndirimana Jean Francois Regis uzwi nka General ntamafaranga yabona yatunga Kiyovu Sports.

Mu magambo ye, yavuze ko uyu perezida ari commissioner w’amamodoka, Kandi ayo mafaranga ntabwo ngo yatunga ikipe ahubwo akwiye kuyirekura.

Yagize ati” General ntamafaranga afite. Wowe urafata umukene ngo ntayobore ikipe? Ni commissioner w’amamodoka, urumva ayo mafaranga yatunga ikipe. Njyewe nkunda perezida umpereza intsinzi. Kiyovu Sports ntihembwa, ntamyitozo ifite, ubwo se uwo Yaba perezida”

Uyu ni umwe mu bavuze bafana Kiyovu Sports ariko iyo uganiriye n’abandi benshi bakubwira agahinda kabo baterwa n’iyi kipe itarimo kwitwara neza muri iki gihe.

Kiyovu Sports iheruka gutsindwa na Gorilla FC ibitego 2-0 ariko kuri uyu wa Gatandatu ntabwo yongeye gutsindwa na AS Kigali ari nabyo byatumye benshi bibaza ku hazaza hayo itarimo kubona instinzi.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hoteri iherutse gupfiramo Umupadiri wari uri kwiha akabyizi, yongeye gupfiramo Umupasiteri

Impanuka! Imvura ivanze n’umuyaga yasenye ibyumba bitatu by’ishuri i Rusizi