in ,

Genda rukundo urimpumyi: Inkumi y’ubwiza budasanzwe yihebeye umusaza w’imyaka 66 ikomeje kuvugisha benshi(amafoto)

Inkuru y’umusaza ushaje cyane dore ko afite imyaka igera kuri 66 yose y’amavuko ikomeje kuvugisha benshi kubera inkumi nziza cyane bari murukundo.

Inkumi y’ikibero giteye ubwuzu yitwa Manzi wa Kibera yo mu gihugu cya Kenya yihebeye umusaza w’imyaka 66 yose y’amavuko ku buryo budasanzwe dore ko uyu musaza aherutse kwambika impeta iyi nkumi nk’ikimenyetso cy’uko bagomba kurushinga maze bakibanira akaramata iyi akaba ari nkuru ikomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hano muri Afurika.

Ihere ijisho amafoto y’umusaza uri mu munyenga w’urukundo hamwe n’inkumi yamwihebeye:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ntabwo biraza koroha: Umugabo yagaragaye ari kuri Moto yambaye imyenda bajyana koga(ifoto)

Abakinnyi ba Arsenal basimbutse urupfu aho bose bari gupfira rimwe