in

Gatsata: agace kabamo indaya n’abasinzi ku rwego rwo hejuru, kahawe izina rishya kubera amahano ahabera (AMAFOTO)

Agace kabamo indaya n’abasinzi ku rwego rwo hejuru, kahawe izina rishya kubera amahano ahabera.

Abatuye mu Kidelenka n’ubuyobozi bahinduye iri zina ryaho bahita mu ‘Cyubahiro’.

Nyamabuye ni agace gaherereye mu Murenge wa Gatsata mu Karere ka Gasabo gatuwemo n’abakanishi benshi n’abakora uburaya kamaze igihe karahawe izina rya “Kidelenka”.

Amakuru avuga ko aka gace kahinduriwe izina kagahabwa irishya.

Mukeshimana Aliane yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko na we asigaye yumva mu Kidelenka bahita mu ‘Cyubahiro.’

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gatsata, Murebwayire Alphonsine, na we yemeza ko aka gace katacyitwa ‘Kidelenka’ ndetse iri zina ryahinduwe mu rwego rwo guhindura imyitwarire y’abahatuwe.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bamwe bati si we abandi nabo bati asa nawe: Ifoto y’umunyabigwi Rider Man ikomeje gusubizamo imbaraga abari baritakarije icyizere

Umwana w’undi abishya inkonda koko! Ibyabaye kuri Mukase w’umwana w’imyaka ibiri watoraguwe mu gihuru yapfuye, byatumye abatari bake bamwenyura