in

Gants (Gaa) Emiliano Martinez yafatishije ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi zagurishijwe

Umuzamu w’ikipe y’Igihugu ya Argentine Damian Emiliano Martinez  w’imyaka 30 yagurishije Gants (Gaa) yafatishije ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi cya 2022 , cyabereye muri Qatar ubwo ikipe ye ya Argentine yatsindaga ikipe y’igihugu y’Ubufaransa,

Ikinyamakuru Sports Star kivuga ko Gants (Gaa) za Emiliano zagurishijwe agera ku bihumbi 45,000 by’amadolari ,ubwo ni agera kuri miliyoni 49 n’ibihumbi 047 ,615 uyavunje mu manyarwanda ,aya mafaranga akaba agiye gutangwa mu kigega cya Argentine Peadiatric  kirigufasha abana bafite Kanseri.

Izi gants zagurishijwe nizo Emiliano yifatishishije ubwo ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi cya 2022 ikipe ye ya Argentine  yatsindaga penaliti 3-2 z’Ubufaransa , ibyatumye ikipe ye inatwara igikombe cy’isi .

Gants Emiliano yafatishije ku mukino wa nyuma w'igikombe cy'isi zagurishijwe ibihumbi 40,000 by'amadolari
Gants Emiliano yafatishije ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi zagurishijwe ibihumbi 40,000 by’amadolari

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Aho yaciye ntihaca urwango! Zari na Diamond bagaragaye bari kubyinana ingwatira – VIDIO

Videwo y’umunsi: Umunyarwenya Arthur Nkusi n’umugore we bagaragaye bari kugirana ibihe byiza(Videwo)