in

Gakenke Inyama zingurube zo munda zinzwi nka mara zabonewe isoko banazihimbira akazina bazita “Zirumuze”

Mugihe ubundi bumenyerewe ko Amara

y’ingurube ataribwa hari Abaturage bamwe batuye mu Murenge wa Cyabingo mu Karere ka Gakenke, bavuga ko ikilo cy’amara y’ingurube kigura amafaranga y’u Rwanda 1000, bo bise ‘Zirumuze’.

 

Aba baturage baturiye santere y’ubucuruzi ya Ryabazira bavuga ko aya mara y’ingurube bise “Zirumuze” ari zimwe munyama zikunzwe kugurwa cyane ariko kurundi ruhande hari Abaturage bemeza ko babangamiwe n’icuruzwa ry’inyama zo mu nda z’ingurube zibagirwa muri iri bagiro ngo kuko bituma bagirwaho ingaruka n’izi nyama, aho bashobora guhura n’inzoka zo munda.

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ruhango : RIB imukurikiranyeho gukoresha imibonano mpuzabitsina kugahato umugabo mugenzi we.

Rubavu : Abagabo barataka bavuga ko barembejwe n’inkoni za bagore bishakiye