in

Gahongayire na Young Grace bunze mu rya Meddy bashyira hanze amafoto y’imbwa zabo.

Nyuma y’umunsi umwe gusa umuhanzi Ngabo Meddy ashyize hanze amafoto y’imbwa ye,kuri ubu umuraperikazi Young Grace n’umuramyi Aline Gahongayire ufite izina rigari mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana nabo bahise bashyira hanze amafoto y’imbwa batunze. Mu kuzisangiza abakunzi babo, bombi bakoresheje urubuga rwa Whatsapp bayashyira kuri status zabo.

Imbwa ya Young Grace ifite ubwoya bwinshi bw’umweru, isa n’aho iri mu bwoko bw’imbwa zitaba nini cyane. Mu kiganiro na Inyarwanda.com twamubajije aho yayiciririye tugamije kumenya agaciro kayo atubwira ko ari impano (Gift). Yagize ati “Ni gift (impano) y’umwana wanjye (Diama) bamuhaye ku isabukuru ye y’amavuko”.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amwe mu mazina asekeje cyane yadutse mu Rwanda asigaye akoreshwa kuri Twitter .

Musore mwiza, niba ushaka guhitamo umukobwa muzabana akaramata banza urebe ko yujuje ibi bintu by’ingenzi.