in

Fifi Raya avuze ukuntu yatereswe n’umutinganyi, amafoto n’amagambo yandikiwe abishize hanze avuga ko byamuteye n’isesemi

Fifi Raya avuze ukuntu yatereswe n’umutinganyi, amafoto n’amagambo yandikiwe abishize hanze avuga ko byamuteye isesemi.

Fifi Raya ni umukobwa w’umuhanzikazi gusa uririmba mu buryo buzwi nka Hip Hop yatangaje benshi ubwo yavugaga ukuntu umutinganyi yigeze kumwiyongoza akamuha n’amafoto ye yambaye ubusa.

Mu kiganiro kirekire yagiranye na M Irene yavuze ko ubusa bw’uwo mukobwa bwamuteye isesemi bikomeye.

Yagize ati:”Ni umukobwa mugenzi wange wambwiye ko ankunda ariko ntanubwo aba mu Rwanda rero ibintu yakoze bikantera isesemi ni ukuntu yanyoherereje ifoto ye yambaye ubusa yarangiza akandikaho ngo ‘urabona ntateye neza se boo’.

Mu rwenya rwinshi uyu mukobwa yakomeje avuga uburyo ngo atazi n’ubusa bw’abahungu uwo we akaba yaramwoherereje ubw’abakobwa.

Kuri ubu uyu muraperikazi arabarizwa muri management ya Dumba yitwa Cyaze Gange.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ni mwiza: Yolo The Queen yerekanye ifoto y’umwana we

Bugesera: Umugore yateye icyuma mugenzi we mu musaya bapfa umugabo