in

FERWAFA yasubije amakipe yifuzaga kujya gusogongera Kigali Pelé Stadium

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryandikiye amakipe yose 16 akina shampiyona y’ikiciro cya mbere riyamenyesha aho azakinira imikino y’umunsi wa 25.

Nyuma y’uko Sitade ya Kigali ivuguruwe igahindurirwa n’izina ikajya Kuri Kigali Pelé Stadium, amakipe atandukanye cyane cyane ayahoze akinira Kuri iyo sitade yari yifuje ko yakongera akemererwa gusubira kuyikiniraho.
Ariko nk’uko biri mu itangazo FERWAFA yandikiye amakipe yabwiye amakipe ko icyo kibuga kitaraboneka ahubwo agomba gukinira ahandi.

Ibaruwa FERWAFA yandikiye amakipe iyamenyesha aho azakinira umunsi wa 25

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Urutonde rw’abakinnyi 11 umutoza Carlos Ferrer azabanza mu kibuga bacakirana na Benin

Gukina filime nibyanga azajya guhinga! Alliah Cool yatunguye abantu kubera ukuntu azi guhinga – VIDIO