in

Ese nawe ntabushake ugira mu gihe cyo gutera akabariro? Menya umuti wakongerera ubushake muri icyo gikorwa

 

Benshi mu bagabo batuye Isi batandukana n’abagore bitewe no kutubasha guhaza abagore babo mu gihe cyo gutera akabariro umwanya uhagije kandi iyo umugabo atabikorera neza umugore we ashobora kutabyihanganira akaba yashaka abandi bagabo babimukorera mu gihe umugabo adahari.

Iyo umugabo amenye ko umugore amuca inyuma nawe ntashobora ku byihanganira ariyo mpamvu usanga biteza amakimbirane mu rugo ndetse mugatandukana nabi.

Dore umuti ushobora gukoresha kugira ngo wirinde kuba warangiza vuba:

1. Revive:

Ni igihingwa kirandaranda gikorwa mu byatsi kiri mu bwoko bwa ‘berberidacea’ cyikaba kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa no mu bice bya Aziya, Revive ivura gusohora vuba ku bagabo ndetse n’ingaruka ziterwa no kwikinisha.

Iki gihingwa kimaze imyaka igera ku bihumbi bibiri mu gihugu y’Ubushinwa gikoreshwa mu kongerera imbaraga abagabo mu gihe cyo gutera akabariro ndetse no kuvura imikorere mibi ku mubira w’umugabo.

3. Tangawizi:

Burya tangawizi nayo n’umuti ukomeye cyane utakugiraho ingaruka wakoresha kugira ngo wongere imbaraga mu gihe ushaka gutera akabariro kandi ntangaruka mbi ya kugiraho.

4. Urusenda:

Ni umuti utazwi na benshi kuko nubundi barurya bataziko rwongera ubushyuhe mu mubiri maze amaraso agatembera neza mu mubiri kuburyo bitera ubushake bwo gutera akabariro rero uyu nawo n’umuti ukomeye wagufasha ku kongerera ubushake mu gihe cyo gutera akabariro.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Korari Gisubizo Ministries yatanze ubutumwa bw’ihumure muri ibi bihe byo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi

Ubushakashatsi bwerekanye amazina (10) y’abakobwa bavamo abagore beza cyane mu buryo utatekerezaga